I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Kuri uyu wa Kane tariki 19 Mutarama 2023 nibwo hamenyekanye amakuru ko umunyamakuru Ntwari John Williams yaba yapfuye, amakuru yaje kwemezwa na Polisi yatangaje ko...
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatanze impuruza ku Isi hose ko igiye gukoresha ubushobozi ifite ikarwanya yivuye inyuma Umutwe wa M23 n’abawufasha mu...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Mutarama 2023, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, inzego z’umutekano zatatanyije abaturage babarirwa mu magana bari baje mu myigaragambyo...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA iri mu nkundura yo gusaba Ibihugu binyamuryango kugira ibikorwaremezo bijyanye n’igihe ari nayo mpamvu Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
U Burusiya bwongeye gucucira imvura y’ibisasu bya misile ku mijyi itandukanye muri Ukraine kuwa gatandatu tariki 14 Mutarama 2023, aho mu mujyi wa Dnipro mu...
Chorale Shalom yo ku Itorero rya ADEPR Gihorwe, Paruwasi Rega, Umurenge wa Kabatwa, Akarere ka Nyabihu, Ururembo rwa Rubavu, yatangiye umwaka wa 2023 isabira abatuye...
Umudepite mu Nteko Ishinga amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo witwa Oyobangira (Ayobangira) Safari ukomoka mu gace ka Masisi muri Kivu ya Ruguru, yifatiye...
Prof Kalisa Mbanda wari Umuyobozi wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC akaba na Perezida w’icyubahiro wa Kaminuza yigenga ya Kigali, ULK yitabye Imana kuri uyu wa...
Ibiro by’uwahoze ari Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, ubu akaba ari umuhuza w’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba mu bibazo by’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa DR Congo...
‘Wagner Group’ ni Kompanyi yigenga ya Servisi za gisirikare yo mu Gihugu cy’u Burusiya ikuriwe na Yevgeny Prigozhin, umuherwe w’umwizerwa wa hafi cyane kuri Perezida...