Category : Ubuzima
Featured Nyaruguru: Umwarimu arakekwaho kwica mugenzi we nyuma yo gusangira agatama.
Umwarimu wigisha mu Karere ka Nyaruguru arakekwaho icyaha cyo kwica mugenzi we witwa Ndabakuranye Bonaventure amukibise icupa mu mutwe ubwo basangiraga inzoga mu kabari. Iri...
Featured Kimisagara: Umusaza wari wigondeye indaya yananiwe kuyishimisha imuca ibihumbi 50 Frw
Umusaza yananiwe gutera akabariro ubwo yari acyuye umukobwa ukora uburaya mu Murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali maze iyi ndaya imuca ibihumbi...
Featured Rubavu: Banze gushyingura uwo bikekwa ko yivuganwe n’umugabo batarishyurwa 200,000Frw.
Tariki 04 Ukwakira 2022 nibwo hamenyekanye inkuru y’inshamugongo y’uko umugore witwa Nyirarukundo wari utuye mu Mudugudu wa Rukeri, Akagari ka Bihungwe, Umurenge wa Mudende, Akarere...
Featured Rubavu: Abageze mu zabukuru baramwenyura kuko ngo Leta itabatereranye.
Kimwe n’ahandi hirya no hino ku Isi, kuri uyu wa Kabiri tariki 04 Ukwakira 2022 u Rwanda rwizihije Umunsi mpuzamahanga w’abageze mu zabukuru, abo mu...
Featured Ubuzima butangaje bwa Ngirente Séraphine ufatira urugero kuri Minisitri w’Intebe bitiranwa.
Ngirente Séraphine w’imyaka 19 Ukomoka mu Karere ka Burera, avuga ko nyuma yo kubyarira mu rugo yatekereje ko ubuzima bwe bw’ishuri burangiye kuko nta byiringiro...
Featured “Dukwiye kurera abana bacu neza twirinda amakimbirane kuko badufataho urugero”: Minisitiri Bayisenge.
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof BayisengeJeanette asaba abagize umuryango kwirinda intonganya n’amakimbirane bya hato na hato kuko bituma abana bafata urugero rutari rwiza kandi ari...
Featured Kajugujugu ebyiri z’Igisirikare cya Uganda zahitanye benshi mu basirikare zari zitwaye.
Abantu 22 bapfuye ubwo kajugujugu ebyiri z’Igisirikare cya Uganda, UPDF zahanukiraga mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, ejo kuwa kabiri tariki 27 Nzeri...
Featured Ni iki u Rwanda rwakora mu kwirinda ko Ebola ivugwa mu baturanyi yakwinjira mu Gihugu?
Mu gihe Ibihugu bituranyi by’u Rwanda nka Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Uganda byamaze kwemeza ko Ebola yabigezemo ndetse hari n’abo yishe, hari abakomeje...
Featured Uganda yemeje ko Ebola nshya yageze muri iki Gihugu.
Ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru, Minisitiri w’ubuzima wa Uganda, Jane Aceng yatangaje ko umugabo w’imyaka 24 wanduye Ebola yapfuye rwagati muri Uganda, mu cyorezo gishya...

