Category : Umutekano
Featured Lt Gen Philémon Irung Yav wayoboraga Sokola 2 yatawe muri yombi azira M23.
Lieutenant Géneral, Philémon Irung, Komanda wa Operasiyo Sokola 2 yahawe inshingano zo kwirukana M23 mu Mujyi wa Bunagana yatawe muri yombi n’igisirikare cya Repubulika ya...
Featured Ingabo zo muri Ukraine zari muri MONUSCO zagiye kurwanya Putin wigabije ubutaka bwabo.
Abasirikare ba Ukraine bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri DR Congo babuvuyemo barataha ku busabe bwa Leta yabo, nk’uko byatangajwe na MONUSCSO....
Featured Vital Kamerhe yasabye Leta ya Congo gushyikirana na M23.
Umuyobozi w’Ishyaka Union Natianale Congolaise (UNC), Vital Karmerhe kuri uyu wa Kane tariki 15 Nzeri 2022 yagiriye uruzinduko mu Mujyi wa Bukavu uri mu ntara...
Featured Ukraine: U Burusiya bukomeje gutakaza byihuse ahantu hanini bwari bwarigaruriye.
Perezida wa Ukraine yavuze ko abasirikare b’iki gihugu bafashe ahantu hanini kurushaho bahambuye Uburusiya, mu gihe bakomeje igitero cyabo cyo kubwigaranzura. Volodymyr Zelensky yavuze ko...
Featured M23 yashimangiyeko nta ‘Santimetero’ n’imwe y’ubutaka yafashe izongera gutakaza.
M23 yakuriye inzira ku murima abatekereza ko bashobora kuyikura mu bice yafashe, ivuga ko itazongera gukora ikosa ryo kurekura cyangwa kuva mu bice yafashe. Mu...
Featured U Burusiya burashinjwa guteza icuraburindi mu Burasirazuba bwa Ukraine.
Perezida Volodymyr Zelensky yavuze ko Uburusiya bufite intego yo “gutuma abantu batagira urumuri n’ubushyuhe” mu guteza ibura ry’umuriro w’amashanyarazi mu burasirazuba bwose bwa Ukraine, mu...
Featured Umuriro ukaze hagati y’u Burusiya na Ukraine ishaka kwisubiza uduce twari twarafashwe.
U Burusiya bwohereje ingabo zijya gutanga umusanzu mu gace ka Kharkiv mu gukomeza guhangana n’Ingabo za Ukraine zanze kuva ku izima ahubwo zigakaza ibitero bigamije...
Featured Uganda yatangiye kwishyura DR Congo ku byabereye muri Ituri ku bihano by’Urukiko Mpuzamahanga.
Leta ya Uganda yatangiye gushyira mu bikorwa icyemezo cy’Urukiko Mpuzamahanga rw’Umuryango w’Abibumbye, ICJ, rwayitegetse kwishyura Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo miliyoni 325$ (arenga miliyari 337...
Featured Burundi: Hashyizweho Guverinoma nshya, Bunyoni wari Minisitiri w’Intebe ataha amara masa.
Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evaritse Ndayishimiye afatanije na Minisitiri w’Intebe mushya, Lt Gen Gervais Ndirakobuca bakoze amavugurura muri Guverinoma, Gen Bunyoni wari Minisitiri w’Intebe...

