Category : Politike
Featured Perezida Kagame yaganiriye mu muhezo na mugenzi we Edgars Rinkēvičs wa Latvia.
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu tariki 02 Ukwakira 2024, yakiriwe anagirana ibiganiro mu muhezo na mugenzi we Edgars Rinkēvičs uyobora Igihugu cya Latvia....
Featured Iran yarashe imvura y’ibisasu byambukiranya imigabane kuri Israel.
Ku masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukwakira 2024 Iran yarashe ibisasu byambukiranya imigabane (missiles ballistic) ku gihugu cya Israel, nk’uko Igisirikare...
Featured Polisi ya Afurika y’Epfo irahigisha uruhindu abishe abantu 18.
Mu mpera z’icyumweru gishize, undi muntu umwe yarapfuye mu bantu benshi barasiwe mu ngo ebyiri mu mudugudu wo muri Afurika y’Epfo. Umubare w’abahitanywe n’ayo masasu...
Featured Ukwezi kurihiritse abanyeshuri bo mu bice bimwe bigenzurwa na Leta muri Kivu y’Amajyaruguru batiga.
Abarimu bakora ku bigo bya Leta mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bavuga ko batazigera basubira kwigisha igihe cyose Leta itabongereye umushahara. Aba...
Featured DRC: Abarenga ibihumbi 500 bagaragaje ko bizera M23.
Abanye-kongo barenga 550.000 basubiye mu bice bigenzurwa n’ingabo z’Umutwe wa M23 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice...
Featured Ibitero Ingabo za Israel zagabye ku mutwe wa Hezbollah byabaye ibidasanzwe.
Hassan Nasrallah wari umuyobozi w’umutwe wa Hezbollah ari mu bishwe n’igisirikare cya Israel (IDF) mu bitero iki gisirikare gikomeje kugaba ku birindiro by’uyu mutwe biri...
Featured Urujijo ku bitero bivugwa ko ‘FARDC yaba irimo kugaba kuri FDLR basanzwe ari sheri shushu’.
Kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru tugana ku musozo byavuzwe ko ingabo za Leta ya DR Congo, FARDC zagabye ibitero ku nyeshyamba za FDLR hafi ya...
Featured Agakungu ka Kayumba Nyamwasa, Tshisekedi na FDLR kavuze iki ku mutekano w’u Rwanda?
Amakuru yizewe yemeza ko Kayumba Faustin Nyamwasa wigeze kuyobora Igisirikare cy’u Rwanda ubu akaba aba mu buhungiro muri Afurika y’Epfo aherutse i Kinshasa muri DR...
Rusesabagina wari wiyemeje kuva mu bya politike agiye gushinga irindi huriro rigamije gukuraho ubutegetsi buriho
Paul Rusesabagina uherutse gufungurwa muri gereza ya Nyarugenge iri Mageragere mu Rwanda nyuma yo guhabwa imbabazi akemera kuva mu bikorwa bya politiki, yatangaje ko agiye...

