Umugabo w’imyaka 31 wo mu karere ka Rwamagana yatawe muri yombi nyuma yo kwiyemerera ko yasambanyije umwana yibyariye ufite imyaka ine y’amavuko. Ibi byabaye ku...
U Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo byiyemeje gufata ingamba zigamije kugabanya umwuka mubi n’imirwano ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa DR Congo, by’umwihariko mu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasuye indege nshya ivuguruye ya perezida, yahawe na Qatar mu mwaka ushize, avuga ko ari “indege...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatanze doze z’umuti ukiri mu igerageza w’ubwirinzi bw’umubiri w’uruganda Mapp Biopharmaceutical rwo muri icyo gihugu kugira ngo ukoreshwe mu igeragezwa...
Watermelon ni imbuto nziza ku mibiri yacu, kandi ifite akamaro kenshi ku mubiri harimo no kuba ikungahaye muri vitamine A na C. Abashakashatsi bo muri...
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yageze i Kinshasa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri...
Sir Keir Starmer avuga ko azava ku mwanya w’umukuru w’ishyaka rya Labour no ku wa Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza, nyuma yo kwemera ko ishyaka rye ritemera...
MRDP-Twirwaneho yemeje ko Ihuriro ryayo hamwe na AFC/M23 birukanye Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa mu gace ka Gakenke gaherereye mu misozi...