Amakuru avuga ko Manchester United ishobora kwishyura Erik ten Hag indishyi ihenze cyane mu mateka ya Premier League nyuma yo kumwirukana. Umuholandi ten Hag yirukanywe...
Umutwe washyizwe ku rutonde rw’abakora iterabwoba na Leta Zunze Ubumwe za Amerika wa FDRL urwanira mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uherutse kwandikira...
Abaturage ba Sudani bagera kuri 50 bishwe mu gitero cyagabwe n’abarwanyi bigometse kuri Leta bitwa Rapid Support Forces (RSF) mu biturage byo muri Leta ya...
Komisiyo y’Amatora mu gihugu cya Mozambique yatangaje amajwi ya burundu agaragaza ko Daniel Chapo w’ishyaka Frelimo riri ku butegetsi ari we watsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu...
Umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) wo mu gihugu cya Sudani ugizwe n’ingabo ziyobowe na Mohamad Hamdane Daglo uzwi ku izina rya “Hemetti” umaze amezi...
Perezida Paul Biya wa Cameroun yongeye kugaragara mu ruhame bwa mbere nyuma y’ibyumweru bitandatu bishize hibazwa byinshi ku buzima bwe kubera kutagaragara. Ukutagaragara mu ruhame...
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yitabaje Wazalendo isanzwe iyifasha mu ntambara ihanganyemo na M23 ngo iyifashe kurandura umutwe w’iterabwoba wa ADF. Radio Okapi...