Abarwanyi kabuhariwe b’Umutwe wa Hezbollah uhanganye na Israel bongeye kurasa ibisasu bya ’rocket’ byinshi mu majyaruguru ya Israel, muri kimwe mu bitero bikomeye uwo mutwe...
Peter Kabugo, umwe mu basifuzi basifuraga umukino w’umunsi wa karindwi muri Shampiyona ya Uganda, yapfiriye mu kibuga nyuma yo kugwa hasi mu mukino wahuzaga SC...
Kuri uyu wa gatanu tariki 01 Ugushyingo 2024, Perezida wa Botswana, Mokgweetsi Masisi, yemeye ko yatsinzwe nyuma y’amatora yagaragayemo amahitamo yatunguranye, maze mu bitari bimenyerewe...
Uwitwa Col Gilbert Ekombe Bongilima wo mu ngabo za Leta ya Kinshasa (FARDC), yiyunze kuri M23 we n’igice kinini cy’ingabo yari ayoboye. Col. Ekombe yari...
Korea y’Epfo yiyemeje kwinjira mu mahari n’Uburusiya kugeza ubu burambirije ku ntambara ikakaye ku gihugu icyo ari cyo cyose gishyigikiye Ukraine nyuma ya Korea ya...
General David Musuguri wigeze no kuba umugaba w’ingabo za Tanzania, akaba ari nawe wayoboye urugamba rwo gukuraho ubutegetsi bw’umunyagitugu Idi Amini Dada yitabye Imana kuri...
Inkangu yahitanye abantu babiri mu mudugudu wa Rwamacumu, Paruwasi ya Kasheregyenyi, Akarere ka Kamuganguzi, mu ntara ya Kabale nk’uko byatangajwe na Elias Twesigomwe, umukuru w’aka...
Amakuru avuga ko Manchester United ishobora kwishyura Erik ten Hag indishyi ihenze cyane mu mateka ya Premier League nyuma yo kumwirukana. Umuholandi ten Hag yirukanywe...