Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Umutekano

Imbangukiragutabara enye zatwitswe mu gikekwa ko ari igitero cy’urwango ku Bayahudi

Imbangukiragutabara (Ambulances) enye z’Abayahudi zitanga serivisi z’ubutabazi zatwitswe mu majyaruguru y’umurwa mukuru Londres w’Ubwongereza. Polisi ikaba yatangaje ko ibi bitero bifatwa nk’icyaha cy’urwango rushingiye ku kwanga Abayahudi.

Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Keir Starmer yavuze ko ibi bitero biteye ubwoba cyane kandi ko bibabaje cyane, mu gihe Minisitiri w’ubuzima Wes Streeting yagize ati: “Imana ishimwe ko bigaragara ko nta wakomeretse… Tugomba guhagurukira hamwe kurwanya urwango ku Bayahudi.”

Ishami rishinzwe kuzimya inkongi ry’i Londres ryahamagawe ku muhanda wa Highfield mu gace ka Golders Green, ahagana saa saba n’iminota 40 z’ijoro (01:40 am) ku isaha yo mu Bwongereza.

Abazimyamuriro batangaje ko imyiburungushure myinshi (cylinders) yari iri muri izo modoka yaturitse, bigatuma n’amadirishya y’inzu z’amacumbi ziri hafi aho ameneka.

Amashusho ya ‘camera’ z’umutekano (CCTV) agaragaza abantu batatu bakekwaho icyaha bagana ku mbangukiragutabara mbere yo kuzitwika. (BBC)

Related posts

Season ya 3 ya Filime Ikiriyo cy’urukundo yari itegerejwe na benshi yasohotse [VIDEO].

N. FLAVIEN

DRC: Amafaranga yambuwe Ambasaderi Lucas uherutse kwicwa yateje ibibazo mu buyobozi bwa FDLR.

N. FLAVIEN

U Rwanda rwitabiriye inama yahuje EAC na SADC yiga ku bibazo bya DR Congo.

Muntu Clarisse

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777