Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Umutekano

Koreya ya Ruguru yagerageje intwaro zifashisha ikoranabuhanga rihambaye

Koreya ya Ruguru yakoze igerageza ry’intwaro zifite ikoranabuhanga ryo mu rwego rwo hejuru kugirango irusheho kujyana n’aho Isi igeze ari nako yitegura ku rwego rwo hejuru ubushotoranyi ubwo ari bwo bwose.

Ibi bikozwe mu gihe ifite gahunda yo kongera intwaro zayo yongeramo intwaro za electromagnetic, ibisasu bya carbon fibers ndetse n’ubwirinzi bushya bw’ibitero byo mu kirere bugendanwa.

Ibi byatangajwe n’ibiro ntaramakuru by’Igihugu cya Korea, KCNA bitangaza ko Kim Jong-sik, umujenerali wagenzuye igerageza, yavuze ko sisiteme ya electromagnetic na bombe za carbon fiber ari “umutungo udasanzwe” mu bubiko bw’igihugu, ariko atanga ibisobanuro bike ku miterere y’intwaro nshya.

Igisirikare cya Koreya y’Epfo cyatangaje ko cyabonye ibisasu byinshi bya misile byaturutse ku butaka bwa Koreya ya Ruguru. Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza bivuga ko ibisasu byagenze ibirometero 240 kugera kuri 700.

Related posts

Perezida Museveni yatashye Stade nshya izifashishwa mu gikombe cya Afurika cya 2027

N. FLAVIEN

Umunsi Mukuru w’Igitambo Eidil-Ad’ha usanze aba Islam bamwe muri Guma mu rugo abandi Guma mu Karere.

N. FLAVIEN

Abarwaye indwara y’Ubushita bw’Inkende bagaragaye mu Rwanda.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777