Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike Umutekano

Mali: Ibikorwa byose by’amashyaka ya politiki byahagaritswe.

Ubuyobozi bw’Igihugu cya Mali bwahagaritse ibikorwa byose by’amashyaka ya politiki, mu gihe agatsiko ka gisirikare kari ku butegetsi gakomeje kotswa igitutu ngo gategure amatora.

Umwanzuro wo guhagarika ibikorwa by’amashyaka ya politiki watangajwe n’umuvugizi wa Guverinoma Abdoulaye Maiga, kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Mata 2025.

Abdoulaye Maiga yavuze ko ari umwanzuro wafashwe kugira ngo habungabungwe ituze rusange ry’abaturage. Ntabwo havuzwe icyo ibikorwa by’amashyaka byari bibangamiyeho ituze rusange.

Kuva muri Kanama 2020 Mali iyobowe n’abasirikare nyuma y’ihirikwa rya Ibrahim Boubacar Keïta wari ku butegetsi.

Byari biteganyijwe ko inzibacyuho irangirana na Gashyantare 2024 ariko nta matora yigeze ategurwa.

Kugeza ubu ntabwo haratangazwa igihe amatora yo gushyiraho ubutegetsi bunyuze mu matora azabera (IGIHE).

Related posts

Kenya ishimangira ko idateze kuva muri DRC iki Gihugu kitaraganira na M23.

N. FLAVIEN

Papa Leo XIV yagaragaje uruhande rwe ku ntambara zikomeje hirya no hino ku Isi.

N. FLAVIEN

Ni irihe banga Akarere ka Gakenke gakoresha mu kwesa umuhigo wa EjoHeza?

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777