Category : Ubuzima
Featured Papa Benedicto XVI wari urembeye mu bitaro yitabye Imana ku myaka 95.
Papa Benedicto XVI wari mu kiruhuko cy’izabukuru kuva muri 2013, akaba yari amaze iminsi arembeye mu Bitaro i Vatican, yitabye Imana kuri uyu wa Gatandatu...
Featured Batandatu baguye mu mpanuka ikomeye ya bus ya Volcano.
Abantu batandatu baburiye ubuzima mu mpanuka ikomeye yabereye muri Uganda, bisi ya Volcano yo mu Rwanda yagonganye na bisi ya Oxygen yo muri Kenya ubwo...
Featured Inshuti magara ya Perezida Kagame yitabye Imana ku myaka 110.
Rachel Nyiramandwa, umukecuru w’imyaka 110 akaba inshuti magara ya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatanu...
Featured Gakenke-Nyabihu: Mu minsi ibiri gusa, ibibazo by’ubuhahirane byaterwaga n’ikiraro cyo ku Cyangoga byabaye amateka.
Abaturage bo mu Murenge ya Rusasa mu Karere ka Gakenke, Intara y’Amajyaruguru n’abo mu Murenge wa Rugera, Akarere ka Nyabihu, Intara y’Iburengerazuba bakoresha ‘Ikiraro cyo...
Featured Ibisobanuro by’izina Aline, izina ry’umukobwa urangwa no kwihangana
Aline ni izina rihabwa umwana w’umukobwa, rifite inkomoko mu rurimi rw’ Ikidage ku ijambo ‘athal’ risobanura ‘umunyacyubahiro’. Aline ni umukobwa urangwa no kwihangana mu buzima...
Featured Huye: Chorale Intumwazidacogora yo ku Nkombo yafashije abo mu Matyazo gusoza umwaka neza.
Chorale Intumwazidacogora yo mu Kirwa cya Nkombo, kuri ADEPR Ishywa, Akarere ka Rusizi, Intara y’Iburengerazuba yafashije abatuye mu Mujyi wa Huye by’umwihariko kuri ADEPR Matyazo...
Featured Waba uzi inkomoko n’ibisobanuro by’izina Yvette ? Ngo kwicisha bugufi si ibintu bye.
Yvette ni izina ryitwa abantu b’igitsina gore, rifite inkomoko mu rurimi rw’igifaransa, rikaba risobanura “Umurashi”. Yvette ni umuntu ukunda gutekereza cyane, akunda ubwigenge, ni umunyembaraga...
Featured Rubavu: Impanuka ikomeye ya FUSO ku Bitaro bya Gisenyi yahitanye batatu.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Ukuboza 2022, imodoka yo mu bwoko bwa FUSO Mitsubishi yari ivuye i Rusizi yabuze feri ubwo...
Featured Gakenke: Basabwe kudaheza abafite ubumuga mu bikorwa by’iterambere kuko nabo bashoboye.
Mu butumwa bujyanye no kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga wizihizwa buri mwaka tariki 03 Ukuboza, mu Murenge wa Busengo, Akarere ka Gakenke, basabwe kumvako...

