Umwe mu bayobozi bo hejuru mu nzego z’umutekano muri Ukraine, mu kiganiro cyihariye na BBC, yemeje ko iki Gihugu ubu cyiteguye kugaba igitero cyo kwigaranzura...
Umugaba mushya w’ingabo z’Umuryango w’Ibihugu bya Afurica y’Iburasirazuba, EAC zoherejwe muri DR Congo, EACRF yatangiye imirimo ye kuwa kane tariki 18 Gicurasi 2023 i Goma...
Bamwe mu rubyiruko bakunze gukoresha imbugankoranyambaga baturuka mu Turere dutandukanye hirya no hino mu Gihugu, bemeza ko ntacyo bashinja Umukuru w’Igihugu kuko ngo aho u...
Hirya no hino ku Isi usanga hari abagerageza guha u Rwanda isura bishakiye, ahanini bakabikora bagendeye ku bikorwa runaka biba byabaye ariko bakirengagiza ukuri kwabyo...
Minisitiri w’Urubyiruko, Utumatwishima Abdallah, kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Gicurasi 2023, yifatanyije n’urubyiruko mu muganda udasanzwe wo gusukura Iseminari nto (Petit Seminaire) ya Nyundo...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko abantu byibuze 12 barimo abagore bane n’abagabo umunani bakomerekeye mu mpanuka yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu,...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ubwo yasuraga ahibasiwe n’ibiza mu Karere ka Rubavu, Intara y’Iburengerazuba, yasabye abaturage babirokotse kwihangana, no kwihanganira Leta mu...
Nyuma yo gukoresha intwaro zikorerwa mu Burusiya bakabona ntacyo bitanga ku rugamba, Visi Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ingabo wa DR Congo yerekeje muri Indonesia,...
Mu ma saa sita n’igice z’amanywa (12h30) kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Gicurasi 2023, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatangiye uruzinduko...