Category : Politike
Featured Ya Sukhoi-25 ya FARDC yari yarashwe yavogereye u Rwanda yongeye kugaragara iguruka hejuru ya Goma.
Indege y’intambara y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yari yarashwe n’Ingabo z’u Rwanda ubwo yari yavogereye ikirere cy’u...
Featured Bugesera: Babiri bakekwaho ubujura bashatse kurwanya inzego z’umutekano bahita bicwa.
Nyuma yo guhagarikwa n’inzego z’umutekano bakanga kumvira, abagabo babiri bo mu Karere ka Bugesera bahise baraswa mu ijoro ryo ku wa 10 Mata 2023, aho...
Featured Bimwe mu byaranze tariki 09 Mata 1994 ubwo Abatutsi bari bakomeje kwicwa.
Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, hari ahantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye mu duce dutandukanye tw’u Rwanda kuri iyi tariki ya 09 Mata 1994 gusa...
Featured Igihugu cya Cadi cyirukanye Ambasaderi w’u Budage kubera agasuzuguro.
Repubulika ya Cadi (Chad) yatangaje ko ihaye ambasaderi w’u Budage amasaha 48 kuba yavuye ku butaka bwayo nk’uko biteganywa n’amategeko, akaba yirukanywe azira agasuzuguro n’indi...
Featured Muhanga: Polisi yarashe ukekwaho kuyogoza rubanda ahita apfa.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga, Intara y’Amajyepfo yarashe ukekwaho kuyogoza rubanda ubwo yari yikoreye televiziyo ngo yari yibye ahita apfa, akaba yanasanganywe...
Featured Ibyaranze tariki 07 Mata 1994 umunsi watangiyeho Jenoside yakorewe Abatutsi.
Mu gihe u Rwanda n’Isi yose kuri uyu munsi bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, na n’ubu n’ubwo hashize imyaka 29, hari ibikorwa ndengakamere byabaye kuri iyi...
Featured Kwibuka29: Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima abashaka guhitiramo abanyarwanda uko babaho[Video].
Ubwo hatangizwaga Icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bunamiye abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi...
Featured Perezida William Ruto yagaragaye anywera icyayi muri imwe muri Resitora z’i Nyamata.
Ubwo yari mu Mujyi wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, Intara y’Iburasirazuba, Perezida William Ruto, yahuje urugwiro n’abaturage kugeza ubwo ananywera icyayi muri Resitora yaho....

