Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko rigiye kurekura abasirikare 230 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryafatiye mu mujyi wa Goma mu mwaka ushize, hamwe n’abandi...
Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, yatangaje ko igihugu cye kigiye gutangiza gahunda yo gutanga serivisi za Leta hifashishijwe ikoranabuhanga, yifashishije icyitegererezo cy’u Rwanda na Kenya....
Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika gufata icyemezo gikakaye ku Iran cyo kiyitegeka guhagarika burundu gahunda yayo yo gutunganya...
Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama, yatangaje ko igihugu cye kizageza ku nteko rusange y’umuryango w’abibumbye icyifuzo cyo kwemeza ku mugaragaro ko ubucakara Abanyafurika bajyanywemo...
Abaturage bo muri Komini Minembwe, ihuza teritwari za Fizi, Uvira na Mwenga mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bavuga ko umutekano ukomeje kuzamo...
Leta ya Nigeria yatangaje ko mu byumweru biri imbere izakira abasirikare 200 baturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bazayifasha mu guhangana n’imitwe yitwaje...
Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ukubogama no guhyigikira ubugizi bwa nabi bukorwa n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikayitera...
Umuyobozi w’ishami ry’igisirikare cy’u Budage rishinzwe iby’ikirere, Général Michael Traut, yatangaje ko iki gihugu giteganya gushora miliyari 41 z’Amadolari ya Amerika mu kugura no guteza...