Kuva mu mpera za Nyakanga 2026, ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko abarwanyi ba FDLR bazamburwa intwaro ariko bakanga gusubira mu Rwanda...
Inzobere mu buzima zivuga ko siporo yo koga ari nziza cyane, kuko ifasha uyikora kutavunwa n’ibiro bye nk’uko bigenda ku zindi siporo. Ibyo byorohereza abagore...
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC yitegura imikino itandukanye mu mwaka mushya w’imikino wa 2026/27 yatangaje ko yamaze kongera amaraso mashya mu batoza bayo, aho yongereyemo...
Kuri iki Cyumweru tariki 16 Kanama 2026, Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin yifatanyije n’abemera Mana basaga ibihumbi 40 mu masengesho yo gusengera Igihugu no gushima...
Biragaragara ko Uburusiya bwatangiye gukoresha misile nshya yitwa Banderol mu bitero byayo kuri ukraine. Impuguke zivuga ko ari misile igizwe n’ubwoko bw’indege zigenda nta mupilote...
Ishyamba ryo ku Kirunga cya Muhabura giherereye hagati y’u Rwanda na Uganda mu karere ka Burera, Intara y’Amajyaruguru ryafashwe n’inkongi y’umuriro mu gitondo cyo kuri...