Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Uburezi Ubutabera

Abakekwa kunyereza umutungo wa Rubengera II TSS batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubuhenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwafunze abantu bane barimo Mukeshimana Marcel, wahoze ari umuyobozi w’ishuri ry’imyuga rya Rubengera II TSS School ryo mu karere ka Karongi, abahoze ari ababaruramari baryo babiri n’uwasinyaga cheque z’ishuri (signatory).

Aba batawe muri yombi bakurikiranyweho ibyaha byo kunyereza umutungo ufitiye rubanda akamaro, kuwukoresha icyo utagenewe no gukoresha ububasha bahabwa n’itegeko mu nyungu bwite.

Iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko hari amafaranga angana na 226,790,877 Frw yanyerejwe.

Aba bose bakekwa bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Bwishyura mu gihe dosiye yabo iri gutunganywa kugira ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha.

RIB iraburira abashinzwe gucunga no gukoresha umutungo wa Leta kubahiriza amategeko abigenga kuko kunyuranya nayo bigira ingaruka ku muturage no ku iterambere ry’igihugu kandi ko bihanwa n’amategeko.

Related posts

Byatewe n’iki kugirango Leta Zunze Ubumwe za Amerika ihane RDF n’abajenerali bane?

N. FLAVIEN

Hanenzwe abiciye abana n’abagore mu bitaro bya Kibuye aho kubabungabungira ubuzima.

N. FLAVIEN

Ingabo z’u Burundi zagabye ibitero bikomeye kuri AFC/M23 muri Kivu y’Amajyepfo

NDAYISHIMIYE Libos

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777