FC Barcelona yamaze gutangaza ko Marc-André ter Stegen atakiri captain wayo, nyuma y’ibibazo bimaze iminsi hagati ye n’ikipe. Uyu mwazuro uje nyuma yuko yanze gutanga...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 07 Kanama 2025, umugabo witwa Sinamenye Théoneste w’imyaka 38 y’amavuko, yafatanwe ibiro bitatu by’urumogi yari yiziritseho ku...
Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki ngo mu mujyi w’ubukerarugendo wa Musanze habere imurikagurisha (MINI-EXPO), abaturage baratangaza ko babona iminsi iri gutinda kugirango bagaragarize...
Mu Isi y’umupira w’amaguru nk’indi mikino yose, usanga hari amategeko ayigenga. Iyo humvikanye itegeko mu gice icyo ari cyose cy’ubuzima bihita byumvikana ko rigomba guhana...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki 05 Kanama 2025, Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Ndayishimiye Evariste yakoze impinduka muri Guverinoma, ashyiraho abaminisitiri 13,...
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC ikomeje kwitegura umwaka utaha wa 2025-2026, mu mikino igomba gukina hiyongereyemo n’imikino ya CECAFA Kagame Cup. Iyi ni imikino yitabiriye...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Rwanda bemeranyije ku masezerano ashobora gutuma u Rwanda rwakira amagana y’abimukira nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande...
Umukinnyi w’ikipe ya APR FC n’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda (Amavubi) Fitina Ombolenga, ni umwe mu bakinnyi ba Rayon Sports umwaka ushize batahiriwe n’urugendo. Fitina na...