Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike Umutekano

Perezida Trump yashyize Biden ku gahanga intambara yo muri Ukraine.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko Joe Biden yasimbuye ku butegetsi ari we wateye intambara yo muri Ukraine.

Ubwo Trump yaganiraga n’itangazamakuru, yavuze ko intambara ihanganishije Ukraine n’u Burusiya kuva muri Gashyantare 2022 ari iya Biden nk’uko tubikesha Igihe.

Yagize ati: “Iyi si intambara yanjye. Maze igihe gito ngarutse hano… Biden yabahaye miliyari na miliyari z’Amadolari. Ibyo byari ukwibeshya gukomeye. Iyo agira ubwenge nubwo atabufite, iyo ntambara ntiyari kuba.”

Yakomeje avuga ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangije iyi ntambara kuko atubahaga Biden, yongeraho ko Biden atigeze agirana umubano mwiza na Zelensky.

Agaragaza zimwe mu ngaruka z’iyi ntambara yagize ati “Ubu hari abantu miliyoni nyinshi bapfuye kandi buri umwe muri bo yari akwiye kuba akiri muzima uyu munsi.”

Trump kandi yatangaje ko atsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu 2020, atari kwemera ko iyi ntambara ibaho, ndetse ashimangira ko kuyihagarika ari inshingano ze nubwo hakirimo ibibazo byinshi.

Related posts

Ibintu 10 wakora mu gitondo ubyutse kugira ngo umunsi wawe ugende neza

KALISA

Corneille Naanga yatangaje ahazaza h’igisirikare cya M23.

N. FLAVIEN

Igiciro cy’ikawa y’ibitumbwe cyiyongereye

NDAYISHIMIYE Libos

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777