Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike Umutekano

Ingabo za SADC zari zisigaye muri DR Congo zatashye zinyuze mu Rwanda.

Icyiciro cya nyuma cy’Ingabo 576 za SADC zari zimaze umwaka urenga mu butumwa bwa SADC muri DR Congo, SAMIDRC, zatashye kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Kamena 2025 zinyuze mu Rwanda.

Icyiciro cya mbere cy’izi ngabo cyavuye mu burasirazuba bwa DR Congo ku wa 29 Mata 2025 kigizwe n’imodoka 13 zirimo ibikoresho bya gisirikare n’abasirikare 57 babiherekeje.

Icyiciro cya nyuma cy’abasirikare ba SADC cyahagurutse i Rubavu ku mupaka w’u Rwanda na DR Congo mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, mu ma saa tatu y’igitondo, kigizwe n’imodoka 15 zitwaye abasirikare.

Related posts

Chorale Goshen yongeye kuzamura imvamutima za benshi mu ndirimbo “Isi nta cyizere” [VIDEO]

N. FLAVIEN

AFC/M23 yeruriye Amerika ko idashobora kongera gukora ikosa nk’iryakozwe muri Uvira

N. FLAVIEN

Minisitiri w’intebe wa Côte d’Ivoire yapfiriye mu bitaro byo mu Budage.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777