Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Trending News Ubukungu

Igiciro cy’ikawa y’ibitumbwe cyiyongereye

Nkuko byatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB),  igiciro cy’ikawa y’ibitumbwe mu Rwanda cyazamutseho 25%, aho ikilo cyashyizwe ku mafaranga 750 y’u Rwanda,  kivanwa ku mafaranga 600 cyariho mu 2025.

Ibi NAEB yabigarutseho mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 13 Mutarama 2026.

Muri iryo tangazo, NAEB yamenyesheje abahinzi b’ikawa, inganda ziyitunganya ndetse n’abandi bafatanyabikorwa bose mu buhinzi bw’ikawa ko, muri Sizeni ya 2026, igiciro fatizo cy’ikawa igemurwa ku ruganda cyemejwe.

Iti: “Igiciro cy’ikawa yeze kandi ihishije neza ni amafaranga y’u Rwanda 750 Frw ku kilo. Igiciro cy’ikawa yarerembye (Floaters) ni amafaranga y’u Rwanda 200 Frw ku kilo.”

Uku kuzamuka kw’igiciro cy’ikawa biteganyijwe ko kuzagira impinduka ku bahinzi bayo, binongera ishoramari mu buhinzi bw’ikawa no guteza imbere umusaruro ujyanwa ku masoko mpuzamahanga.

NAEB yamenyesheje ko nta wemerewe gukoresha igiciro gitandukanye n’icyatangajwe kandi ko icyatangajwe gitangira gukurikizwa tariki ya 13 Mutarama 2023.

Related posts

“Buri wese muri Hamas ni umupfu kandi tugomba guhanagura iki kintu ku Isi”: Netanyahu.

N. FLAVIEN

Ahantu hatatu hashobora kugusha byihuse igitsinagore mu bishuko igihe hakozwe n’igitsinagabo.

N. FLAVIEN

Chorale Rangurura yo kuri ADEPR Rurengeri ikomeje ivugabutumwa mu ntego ya ‘nkore neza bandebereho’.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777