Category : Ubukungu
Featured Rubavu: Ihagarikwa ry’ibiryabarezi, imwe mu mpamvu zo kongera kumwenyura kw’abashakanye.
Nyuma y’uko tariki 11 ukwakira muri uyu mwaka Minisiteri yUbucuruzi n’Inganda, MINICOM isohoye itangazo rivuga ko isubitse gutanga uruhushya rwemerera abashaka kujya mu bikorwa by’imikino...
Featured Indege ya Rwandair yakoreye impanuka i Kamembe Imana ikinga ukuboko [AMAFOTO].
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Ukwakira 2022, indege ya Rwandair yavaga i Kigali yerekeza i Kamembe yari ifite urugendo nimero WB601...
Featured Umuhungu wa Perezida Pierre Buyoya wayoboye u Burundi yahawe kuyoborwa ishami rya Banki y’Isi.
Olivier Buyoya, umuhungu wa Perezida Pierre Buyoya, wahoze uyobora u Burundi yatorewe kuba umuyobozi w’ishami rya Banki y’Isi, IFC, akazaba afite icyicaro i Dakar muri...
Featured Rubavu: Ak’abajura bamaze iminsi bajujubya rubanda kashobotse.
Hashize amezi agera kuri abiri mu bice bitandukanye by’Akarere ka Rubavu humvikana ikibazo cy’ubujura bukabije bwateye benshi guhangayika bikomeye ndetse abandi bafata umwanzuro wo kutongera...
Featured Rubavu: Akanyamuneza ni kose ku bacuruzi bongerewe igishoro.
Kuri uyu wa Kane tariki 13 Ukwakira 2022, Koperative ebyiri zo mu Karere ka Rubavu zigizwe n’abagore 40 bakora ubucuruzi buciriritse bwambukiranya umupaka zahawe inkunga...
Featured Rubavu: Bababajwe n’amashuri bubakiwe ngo abakure mu bujiji akaba yarahindutse umusaka.
Abatuye n’abagenda mu Mudugudu wa Rurembo, Akagari ka Bahimba, Umurenge wa Nyundo, Akarere ka Rubavu, bagaragaza agahinda baterwa n’ibyumba bitatu by’amashuri byubatswe mu myaka itanu...
Featured Rutsiro: Baratakamba basaba kubakirwa isoko rijyanye n’igihe.
Abacururiza mu isoko rya Gakeri riri mu Murenge wa Ruhango Akarere ka Rutsiro, basaba ubuyobozi kububakira isoko rijyanye n’igihe bagaca ukubiri no gucururiza hasi, aho...
Featured Tanzaniya na Kenya basinyanye amasezerano y’umuyoboro wa Gaze ubahuza.
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzaniya na mugenzi we William Ruto wa Kenya, basinye amasezerano y’umuyoboro wa Gaze uzahuza ibi Bihugu byombi bihuriye mu Muryango...

