Amizero
Amakuru Amakuru mashya Ubushakashatsi Ubuzima

Ibiribwa bihinduka uburozi iyo tubiriye bigahurira mu mubiri

Buri muntu afite uburengazira bwo kurya ifunguro ashaka cyangwa se yifuza bitewe n’ubushobozi afite bwo kuribona, ariko byagaragaye ko bimwe mu biribwa bishobora kutubera uburozi kuri bamwe muri twe iyo tubivanze.

Ariko hari bamwe bafata bimwe mu biryo bakarwara kugeza no ku kuba bapfa, bitewe rimwe na rimwe no n’uruvange rw’ibyo bariye. Umuntu umwe ashobora kurya uruvange runaka rw’ibiryo bikamugwa neza ariko undi bikamubera uburozi.

Buri bwoko bw’ibiryo bufite akamaro kabwo, ariko iyo bivanze, bishobora guteza ibibazo kuri bamwe mu muntu. Ku bantu bashaka guhuza imirire kugira ngo bagabanye umubyibuho ukabije n’ibindi biwutera, ni byiza kugisha inama impuguke ku buryo bwo gutegura ibyo barya.

Inzobere mu mirire muri Nigeria, Habiba Haruna, yabwiye BBC k’ubwoko butandatu bw’ibiribwa bishobora guhinduka uburozi ku muntu uwo ari we wese iyo bivanzwe.

Indimu n’amata

Amata n’indimu ntibishobora kuguma ahantu hamwe kuko iyo bivanze, amata agomba gucika. Iyo umuntu avanze amata n’umutobe w’indimu, bishobora gutera uburozi, ndetse bigatera n’ibibazo by’umutima.

Ubunyobwa n’amavuta ya elayo (olive oil)

Ubunyobwa ni ingenzi cyane mu mubiri w’umuntu kandi bukoreshwa ahantu henshi. Ubunyobwa burimo kandi poroteyine nyinshi kandi bumwe mwe mu biryo bifite intungamubiri z’ingenzi mu mirire

Amavuta ya elayo nayo arafasha cyane, cyane cyane mu kuvura indwara zimwe na zimwe, ariko guhuza aya mavuta n’ibinyamisogwe biteza ibibazo, ni byiza kuyakoresha hatarimo ubunyobwa.

Imiti n’indimu

Kunywa imiti no kuyivanga n’ikintu kirimo gaze bigira ingaruka zikomeye. Impuguke zivuga ko kunywa imiti na soda nka Fanta cyangwa Coca-Cola bishobora gutera urupfu bitewe gusa n’ubwiyongere bukabije bwa gaze.

Yongeyeho ko indimu cyangwa ikindi kinyobwa cyose gishyushye bitagomba kuvangwa n’umuti, kuko ari bibi cyane.

Inyama n’amagi mabisi

Kuvanga inyama idakaranzwe neza n’amagi mabisi bishobora guteza ibibazo mu mubiri w’umuntu. Bishobora kuba uburozi kuri bamwe, bimwe bishobora gutera kuruka no gucibwamo kuko bitagenewe gukoreshwa muri ubwo buryo.

Impuguke ivuga ko amagi mabisi aba afite intungamubiri nke ku mubiri w’umuntu, kandi mu gihe adatogoshejwe cyangwa se ngo akarangwe, ntagomba kuribwa.

Yubaka umubiri mu gihe ahiye.

Impuguke mu biribwa muri Nigeria, Habiba Haruna, yagize ati: “Amagi adahiye ntabwo ari ayo kwizerwa.”

Ikindi, kugerageza ikintu gishya bishobora kugirira akamaro bamwe ariko bishobora no kubagiraho ingaruka mbi ku bandi. Umuntu agomba kwitonda mu guhitamo ibiryo; ni byiza kwibanda ku ntungamubiri no kwirinda kuzivanga.

Amafi n’amata ni ibiryo byuzuye intungamubiri ariko kubivanga bishobora guteza akaga
Ubunyobwa ni ingenzi cyane mu mubiri w’umuntu kandi bukoreshwa ahantu henshi.
Kunywa imiti no kuyivanga n’ikintu kirimo gaze bigira ingaruka zikomeye.

Related posts

Gakenke: Imbabura zirondereza ibicanwa zitangwa na APEFA, igisubizo ku baturage b’amikoro macye.

N. FLAVIEN

Perezida Kagame yavuze ku kwibirwa amajwi kwa Perezida Tshisekedi.

KALISA

Brig. Gen. Byamungu wa M23 yasabye madamu Tshisekedi kugira inama umugabo we.

Muntu Clarisse

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777