Amizero
Amakuru Amakuru mashya Trending News

Rwamagana: Yafunzwe azira gusambanya umwana we w’imyaka ine

Umugabo w’imyaka 31 wo mu karere ka Rwamagana yatawe muri yombi nyuma yo kwiyemerera ko yasambanyije umwana yibyariye ufite imyaka ine y’amavuko.

Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Kamena 2026, bibera mu mudugudu wa Gatare, Akagari ka Cyimbazi, Umurenge wa Munyiginya mu karere ka Rwamagana.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Munyinginya, Ruhangaza Brigitte, yabwiye Igihe dukesha iyi nkuru ko uwo mugabo ufite imyaka 31 avuka mu karere ka Ngororero mu murenge wa Kabaya.

Yagize ati: “Arakekwaho gusambanya umwana we bwite yibyariye ufite imyaka ine, yabikoze mu gihe umugore we yari yagiye ku muhanda guhaha aje asanga amaze kumusambanya. Ni bwo yahuruje ubuyobozi kandi umugabo arabyemera ko yabikoze.’’

Gitifu Ruhangaza yavuze ko uyu mugabo ukekwaho iki cyaha yahise afatwa ubu akaba ari kuri Sitasiyo ya RIB ya Gishari, mu gihe umwana yajyanywe kuri Isange One Stop Center kwitabwaho.

Uyu muyobozi yasabye ababyeyi kwita ku bana babo bakamenya aho bari n’ibyo bahugiyemo. Yabasabye kandi kujya batanga ibirego ku ihohoterwa iryo ari ryo ryose ryabera mu ngo zabo aho guhishira abarikora kuko biba ari ukubatiza umurindi wo gukomeza kwangiza abandi bana.

Related posts

Tanzania: Indege yaguye byihutirwa mu kiyaga cya Victoria hafi y’i Bukoba.

N. FLAVIEN

PNL: Musanze FC yatsindiwe mu rugo na AS Kigali mu mukino wa mbere (Amafoto 20)

N. FLAVIEN

Kenya: Umuyobozi mukuru wa Polisi y’Igihugu yeguye.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777