Category : Politike
Featured Cabo Delgado: Perezida Nyusi yasuye ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique muri Palma na Afungi [AMAFOTO].
Perezida wa Repubulika ya Mozambique, Filipe Jacinto Nyusi, ku wa Gatanu tariki 21 Mutarama 2022, yasuye inzego z’umutekano z’u Rwanda na Mozambique mu duce twa...
Featured Amateka y’itariki ya 20 Mutarama, itariki y’irahira rya Perezida wa Amerika kuva mu 1937.
Kuri buri manda y’imyaka ine, uwatsinze amatora arahira nyuma y’iminsi hagati ya 72 na 78, icyo gihe haba ari mu mwaka mushya ku itariki 20...
Featured Intambwe y’urwego rw’ubuvuzi mu Rwanda mu isura y’abanyamahanga barugana.
Bamwe mu banyamahanga baza kwivuriza mu Rwanda, bashima intambwe urwego rw’ubuvuzi rumaze gutera mu Gihugu ari na yo mpamvu ituma bahitamo kuza kuhivuriza, by’umwihariko bakishimira...
Featured Gutembereza abantu mu kirere hakoresheje imitaka byatangijwe mu Rwanda.
Urwego rw’Iterambere mu Rwanda, RDB, rufatanyije n’Ikigo Royal Balloon Rwanda, byatangije serivisi zo gutembereza abantu mu kirere, hifashishijwe imitaka minini izwi nka ‘Hot Air Balloon’....
Featured Diyoseze Gatorika ya Ruhengeri yungutse Paruwasi nshya ya Busengo [AMAFOTO]
Kuri uyu wa gatandatu tariki 15 Mutarama 2022, Diyoseze Gatorika ya Ruhengeri yungutse Paruwasi nshya ya Busengo, yabyawe na Paruwasi ya Janja iri mu zageze...
Featured Perezida Kagame yakiriye intumwa z’u Burundi zari zizanye ubutumwa bwa mugenzi we Evariste Ndayishimiye [AMAFOTO].
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere tariki 10 Mutarama 2022, yakiriye mu biro bye, Village Urugwiro, intumwa z’u Burundi zari...
Featured Abajura bishe bunyamaswa abaturage barenga 200 mu Majyaruguru ya Nigeria.
Abantu batari munsi ya 200 biciwe muri Leta ya Zamfara iri mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Nigeria, mu nkubiri y’ibitero bya kinyamaswa bikorwa n’imitwe y’intagondwa...
Featured Abana basaga 1300 bari barataye ishuri mu Karere ka Ruhango bamaze kurisubiramo.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo, bwatangaje ko abana bagera ku 1.371 bamaze gusubizwa mu ishuri mu 1461 bari barabaruwe ko baritaye mu bihe...
Featured Kenya iri guhigisha uruhindu abarwanyi ba Al-shabab bishe bunyamaswa abantu 6 muri Komini yitwa Lamu.
Amakuru ava muri Kenya aravuga ko abasirikare n’izindi nzego z’umutekano barimo guhigisha uruhindu abakora iterabwoba b’umutwe wa al-Shabab bishe abantu 6 mu gitondo cyo kuri...

