Category : Ahabanza
Featured Ubuzima butangaje bwa Ngirente Séraphine ufatira urugero kuri Minisitri w’Intebe bitiranwa.
Ngirente Séraphine w’imyaka 19 Ukomoka mu Karere ka Burera, avuga ko nyuma yo kubyarira mu rugo yatekereje ko ubuzima bwe bw’ishuri burangiye kuko nta byiringiro...
Featured Abasirikare badasanzwe ba DR Congo baryamiye amajanja hafi y’ibirindiro bya M23
Icyumweru kiri hafi gushira ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziryamiye amajanja mu gace ka Ntamugenga gafatwa nk’amarembo y’ingenzi yerekeza mu birindiro byaM23. Izi...
Featured Rayon Sports yatsinze Marines FC iyisanze mu rugo.
Rayon sports yatsinze Marines FC ibitego 3-2, iyisanze rugo i Rubavu mu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 01...
Featured DRC: Umusirikare wa MONUSCO yishwe n’abataramenyekana.
Umwe mu basirikare bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abimbumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, MONUSCO yaraye yishwe arashwe n’abantu bitwaje intwaro bataramenyekana. Itangazo rigenewe abanyamakuru...
Featured “Dukwiye kurera abana bacu neza twirinda amakimbirane kuko badufataho urugero”: Minisitiri Bayisenge.
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof BayisengeJeanette asaba abagize umuryango kwirinda intonganya n’amakimbirane bya hato na hato kuko bituma abana bafata urugero rutari rwiza kandi ari...
Featured Bamporiki Edouard yakatiwe gufungwa imyaka ine n’ihazabu ya Miliyoni 60 Frw.
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye Bamporiki Edouard gufungwa imyaka ine n’ihazabu ya miliyoni 60 Frw, nyuma yo kumuhamya ibyaha byo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya...
Featured DRC: Imyiteguro ikakaye y’urugamba rwo kwambura M23 Bunagana irarimbanije.
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC zifatanyije n’abafatanyabikorwa ba vuba n’aba cyera bari mu myiteguro karundura y’urugamba simusiga rwo kwisubiza Umujyi wa Bunagana...
Featured Tshisekedi yasabye abanyecongo baba mu Bubiligi kumutera inkunga yo guhangana n’u Rwanda.
Mu biganiro yagiranye n’abanyecongo baba mu Bubiligi, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi Tshilombo yabasabye ko bamufasha gushaka uburyo buhamye yahangana n’u...
Featured Kajugujugu ebyiri z’Igisirikare cya Uganda zahitanye benshi mu basirikare zari zitwaye.
Abantu 22 bapfuye ubwo kajugujugu ebyiri z’Igisirikare cya Uganda, UPDF zahanukiraga mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, ejo kuwa kabiri tariki 27 Nzeri...

