Category : Ahabanza
Featured CP John Bosco Kabera wari umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yasimbuwe na ACP Rutikanga.
ACP Boniface Rutikanga yagizwe Umuyobozi w’ishami rishinzwe Itangazamakuru n’Inozabubanyi muri Polisi y’u Rwanda, ahita anagirwa Umuvugizi mushya w’urwo rwego asimbura CP John Bosco Kabera wari...
Featured Korali Israël yamenyekanye nka Tinya icyaha mu giterane cyo kumurika Album ya kabiri.
Korali Israël yamenyekanye ku izina rya Tinya icyaha, izina bakomoye kuri Album yabo ya mbere yari igizwe n’indirimbi 12, bagiye gushyira hanze Album ya kabiri...
Featured Gabon: Abasirikare bashyize iherezo ku myaka 53 y’ubutegetsi bw’umuryango wa Bongo.
Nyuma y’igihe gito hatangajwe ibyavuye mu matora y’umukuru w’Igihugu muri Gabon yari yegukanwe na Ali Bongo wasi usanzwe ku butegetsi, abasirikare bagaragaye kuri Televiziyo y’Igihugu...
Featured Amakosa 10 ashobora gukorwa n’abagore agasibanganya umunezero w’abashakanye.
Kenshi na kenshi wumva abagore bavuga ko batanezerewe mu mubano wabo cyangwa mu ngo n’abo bashakanye. Uku kutishima babishinja abandi nyamara ntibatekereze ko bashobora kuba...
Featured Ibyo ukwiye kwitaho mbere yo kwambara amasogisi.
Burya amasogisi ni umwambaro udakunze kwitabwaho cyane kuko wambarwa ahatagaragara cyane nk’indi, nyamara abasirimu bazi neza ibyo kurimba bakubwira ko ayo wambaye ashobora gutuma uberwa...
Featured Perezida Kagame yakuye mu kazi Habitegeko François wari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba.
Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda cyane cyane mu ngingo yaryo ya 112 no ku Itegeko Nomero 14/2013 ryo ku wa 25/03/2013...
Featured Perezida Tshisekedi yateguje abakunze kumunenga ko bagiye kubona ibyo batigeze babona.
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko n’ubwo hari benshi bagiye bamunenga kubera kwihanganira agasuzuguro k’abo yise abanzi b’amahoro...
Perezida Ndayishimiye yongeye kubwira Tshisekedi ko amahoro ya DR Congo areba abanyekongo ubwabo.
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye wari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri DR Congo kuva ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 27 Kanama 2023, nyuma...
Featured “Biteye agahinda kuba wazagera imbere y’Imana ukabwirwa ko itigeze ikumenya”: Bishop Sam Mugisha.
Umushumba wa Diyosezi Angilikani ya Shyira [EAR Shyira Diocese], Musenyeri Mugisha Mugiraneza Samuel yasabye abitabiriye Igiterane Mpuzamahanga cy’Ububyutse cy’iminsi ine cyaberaga mu Mujyi wa Musanze,...

