Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko agahenge kashyizweho mu ntambara ya Amerika na Iran kari mu marembere nyuma y’ibyo Iran...
Ibihugu byujuje ibisabwa mu gikombe cy’Isi cya FIFA bibona icyubahiro gikomeye mu maso y’isi, ndetse n’inyungu z’amafaranga n’ibyishimo byinshi mu baturage babyo. Iyi si intsinzi...
Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Wazalendo, FDLR n’abarundi bari gusubira mu midugudu yavuyemo abarwanyi ba AFC/M23 nyuma yo kuva mu Kibaya cya...
Ibitangazamakuru bitandukanye ndetse n’abantu ku giti cyabo abakomeje kwemeza ko abasirikare ba AFC/M23 mu mpera z’icyumweru bakuye ibirindiro byabo mu duce twa Sange, Bwegera, Luberizi,...
Kuva kera ku isi habayeho ibitekerezo bivuga ko abagore badafite ubushobozi bungana n’ubw’abagabo, ariko ubushakashatsi bwinshi bwerekana ko hari ibintu byinshi abagore bashobora gukora neza...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubuhenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwafunze abantu bane barimo Mukeshimana Marcel, wahoze ari umuyobozi w’ishuri ry’imyuga rya Rubengera II TSS School ryo mu karere...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yageze i Gaborone muri Botswana, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri agiye kugirira muri iki gihugu cyo muri Afurika y’amajyepfo....
Leta ya Iran yatangaje ko ingabo zayo zo mu mazi zarashe missiles, roquettes ndetse n’ama-drones hafi y’amato ya gisirikare ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...