I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo na Jakaya M. Kikwete wayoboye Tanzaniya, bagiriye uruzinduko rw’akazi mu bihe bijya kuba bimwe muri Uganda aho babonanye na...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, RDF yahaye amapeti ba ofisiye bashya 624, ababwira ko mu gihe umuntu...
Ubuyobozi bw’Igihugu cya Mali bwahagaritse ibikorwa byose by’amashyaka ya politiki, mu gihe agatsiko ka gisirikare kari ku butegetsi gakomeje kotswa igitutu ngo gategure amatora. Umwanzuro...
Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, mu mutwe w’Abarinda Umukuru w’Igihugu (Garde Republicaine) yishe abantu batatu abarasiye muri resitora iri...
Amakuru ava mu burasirazuba bwa Repubulikia Iharanira Demokarasi ya Congo yemeza ko igisasu cy’imbunda ya rutura ya ‘mortier’ cyishe abasirikare batatu bo mu butumwa bw’ingabo...
Ku Cyumweru taliki ya 07 Mata 2024 nibwo mu bitangazamakuru bimwe byo mu Bubiligi hasohotse amakuru yuko Perezida Felix Tshisekedi Tshilombo yaba yaje mu Rwanda...
New City Family Choir ikorera umurimo w’Imana mu Itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa Karindwi, Itorero rya Ruhanga mu karere ka Musanze yashyize hanze indirimbo yise ‘Isano’...
Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu Rwanda, Assoc. Prof Jeannette Bayisenge yamenyesheje abakozi b’inzego za Leta n’izabikorera, ko kuri uyu wa Mbere tariki 08 Mata...
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yatangaje ko yavuye mu Rwanda yumvise neza uburemere bw’ibibazo byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga...