Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike Umutekano

Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa yashyizeho umutwe w’igisirikare wihariye.

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yashyizeho umutwe wihariye ushinzwe ibijyanye n’amakuru [Information Support Force] witezweho gufasha igisirikare cy’iki gihugu guhangana n’ibyabangamira umutekano muri ibi bihe biteye imbere.

Uyu Mukuru w’Igihugu kuri uyu wa 19 Mata 2024 yatangaje ko muri iki gihe, igisirikare cyari gikeneye amavugurura mu bijyanye na siyansi, kandi kigaha akazi abanyempano bashya.

Yasobanuye kandi ko igisirikare kigezweho kiba kigomba kugira imbaraga mu buryo gikusanya amakuru n’uko kiyageza ku basirikare, baba abari ku rugamba cyangwa ako kurinda umutekano w’igihugu.

Perezida Xi yavuze ko uyu mutwe mushya “Uzagira uruhare rw’ingenzi mu kuzamura igisirikare cy’u Bushinwa n’uguhatana bijyanye n’intambara zigezweho.”

Gen Bi Yi yagizwe Umuyobozi w’uyu mutwe w’ingabo, Gen Li Wei agirwa Umuyobozi wungirije, ushinzwe imiyoborere n’inyigisho za politiki.(Igihe)

Related posts

Turebere hamwe ibyiza byo guhoberana bikorwa n’abatari bacye ku Isi.

N. FLAVIEN

Aliko Dangote yitabiriye umwiherero wiga ku bukungu mu Rwanda

NDAYISHIMIYE Libos

Kinshasa: Abapfumu kabuhariwe bahuriye hamwe mu rwego rwo gusabira imbaraga FARDC

NDAYISHIMIYE Libos

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777