I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Biragaragara ko Uburusiya bwatangiye gukoresha misile nshya yitwa Banderol mu bitero byayo kuri ukraine. Impuguke zivuga ko ari misile igizwe n’ubwoko bw’indege zigenda nta mupilote...
Ishyamba ryo ku Kirunga cya Muhabura giherereye hagati y’u Rwanda na Uganda mu karere ka Burera, Intara y’Amajyaruguru ryafashwe n’inkongi y’umuriro mu gitondo cyo kuri...
Nyuma yo guhamya ibirindiro mu Rwanda, abana biga muri Wisdom School Rwanda bakagera ku rwego rwo gutsinda 100% mu bizamini bisanzwe ndetse no mu bizamini...
Ikigo cya Tanzania gishinzwe ibipimo TBS – Tanzania Bureau of Standard cyashoye itangazo ku wa 07 Kanama 2028 rigira riti: “TBS irizeza abacuruzi na rubanda...
Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Nsanzimana Sabin, yavuze ko impamvu u Rwanda rwahereye ku guca inzoga zitujuje ubuziranenge mbere y’itabi kandi na ryo ryangiza ubuzima,...
Inyeshyamba za Wazalendo n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC barigamba kwigarurira Chambombo na Kazinga nyuma y’imirwano ikaze yabereye i Kalehe, mu Ntara ya...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Burundi, Gen Prime Niyongabo, yagiriye urugendo rw’ibanga i Kinshasa mu cyumweru gishize mu gihe indege z’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya...