Author : N. FLAVIEN
Featured U Burusiya bwigambye kwica Ingabo nyinshi za Ukraine no gusenya ibitwaro bigezweho bya Amerika.
Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yatangaje ko guhera kuwa 21 Nyakanga 2022, Ingabo z’u Burusiya zarashe ibisasu by’imizinga ku ishuri riri mu Mujyi wa Kramatorsk mu...
Featured Abantu 114 muri Congo Kinshasa bamaze kwandura Icyorezo cyiswe ‘Monkeypox’.
Inzego z’ubuzima mu Ntara ya Maï-Ndombe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zatangaje ko abantu 114 bamaze kwandura icyorezo cya Monkeypox cyangwa se ‘Ubushita bw’inguge’...
Featured Gatsibo: Abanyamuryango ba RPF Inkotanyi bashyikirije imiryango ibiri itishoboye inzu zo guturamo.
Abanyamuryango ba RPF Inkotanyi mu Murenge wa Remera, Akarere ka Gatsibo, mu rwego rwo kwishimira ibyiza bagezeho, bashyikirije inzu ebyiri bamwe mu baturage batishoboye bubakiwe...
Featured Twahisemo Kingdom School, ntiduteze kuyivaho kuko ibyo abana bacu bahakura bidutera ishema
Ababyeyi bafite abana biga ku Ishuri rya Kingdom, bavuga ko batewe ishema no kuba barahisemo iki kigo, bakemeza ko bumva nta handi bajya kuko ngo...
Featured Mai Mai yasabwe kugera ikirenge mu cya FDLR bakarwanyiriza hamwe umunyamahanga M23 wabateye.
Umudepite uhagarariye agace ka Butembo mu Nteko Ishinga amategeko y’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Crispin Mbindule, yasabye imitwe yose y’inyeshyamba izwi nka Mai Mai kwishyira hamwe...
Featured Minisiteri y’Uburezi yamaze impungenge ababyeyi ku bijyanye n’uburyo amanota y’abana yasohokaga.
Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda, MINEDUC yahishuye ko mu bidasanzwe byanogejwe muri uyu mwaka w’amashuri harimo n’uburyo bwo kubara amanota y’ibizamini bya Leta mu rwego rwo...
Featured Abarwanyi ba FDLR basabye kwivanga n’Ingabo z’u Burundi bakarimbura abatutsi bose n’ababashyigikiye.
Abarwanyi b’Umutwe w’iterabwoba wa FDLR basabye Leta ya DR Congo ko yagira uruhare mu rugamba rwo kurwanya M23 yanga urunuka, ivuga ko ugizwe n’abatutsi bafashwa...
Featured Umuhanzi Justin w’i Kingogo yataramiye abo ku ivuko mu ntero igira iti ‘Muze turwubake’ [AMAFOTO]
Umuhanzi nyarwanda Nsengimana Justin w’i Kingogo, yataramiye abo iwabo mu Murenge wa Muhanda mu gitaramo cyitabiriwe ku rwego rw’ikirenga, mu nsanganyamatsiko igira iti ‘Muze turwubake’,...

