Amizero
Amakuru Amakuru mashya Ubuzima

Inganda 101 zenga ibinyobwa bisembuye zafunzwe

Ikigo gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda (Rwanda FDA) cyafunze inganda 101 zenga ibinyobwa bisembuye ndetse impushya zazo ziteshwa agaciro.

Kuri uyu wa Mbere tariki 03 Kanama 2026, Rwanda FDA yatangaje ko inganda zafunzwe ari icyiciro cya kabiri cy’izakorewe igenzura, bikagaragara ko ibinyobwa zenga bitujuje ubuziranenge ndetse yanategetse ko ibyapa byose bizamamaza bikurwaho mu Gihugu hose.

Iki cyemezo kije gikurikira icyafashe kuri iki Cyumweru tariki 02 Kanama 2026, cyo gufunga inganda zigera ku 8 zakoraga ibinyobwa bisindisha cyane bizwi ku mazina atandukanye ariko byose bikitwa ibyuma.

Related posts

Rwamagana: RBC yagaragarije urubyiruko intwaro ikomeye yo kurinda ubuzima bwabo SIDA.

N. FLAVIEN

Byemejwe ko icyicaro cya Afurika cy’Umuryango Mpuzamahanga mu by’inkingo kiba mu Rwanda.

N. FLAVIEN

U Rwanda rwashyikirije ku mugaragaro u Burundi abarwanyi 19 ba RED Tabara bafatiwe mu Rwanda.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777