Category : Ubuzima
Featured Abakekwa kuba ADF bishe abarenga 25 ku ishuri ryo muri Uganda.
Abantu nibura 25 nibo bamaze kumenyekana ko bishwe n’inyeshyamba zifite aho zihuriye n’umutwe wiyita Leta ya kisilamu, mu gitero zagabye ku ishuri ryo mu Burengerazuba...
Featured Abafite ubumuga bw’uruhu rwera mu Rwanda basabwe kutitinya kuko Igihugu kibitayeho.
Mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje gukora ibishoboka byose ngo abafite ubumuga bw’uruhu rwera babone ibyangombwa nkenerwa hakurikijwe imiterere y’uruhu rwabo, hari abacyumva ko badateye...
Featured Rubavu: Bibukijwe akamaro ka siporo mu kurushaho kugira ubuzima bwiza.
Abatuye Umujyi wa Gisenyi no mu nkengero zawo bagera ku 3500 bitabiriye Siporo rusange, bibukijwe akamaro kayo mu kurushaho kugira ubuzima buzima, banasabwa kwitabira no...
Featured Musanze: Basabwe kutagoreka amateka mu guhashya indwara y’ingengabitekerezo ya Jenoside.
Abaturage bo mu Karere ka Musanze by’umwihariko abibumbiye mu rugaga rw’abikorera, PSF basabwe kuvuga batagoreka amateka yaranze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kugira ngo bahashye...
Featured Gakenke: Iterambere ryifuzwa ntiryagerwaho umuturage adahawe serivise inoze.
Ku bufatanye bw’Akarere ka Gakenke na JADF Terimbere Gakenke, hateguwe umwiherero w’iminsi ibiri wahuje abafatanyabikorwa n’Inzego zitandukanye muri aka Karere, bose intego ari imwe “kugira...
Featured Urugendo rw’amateka kuri Chorale Ubumwe yo kuri ADEPR Bukane yasohokeye mu Mujyi wa Kigali [Video].
Ku Cyumweru tariki 21 Gicurasi 2023, wari umunsi w’amateka kuri Chorale Ubumwe ibarizwa ku Itorero rya ADEPR Bukane mu Mujyi wa Musanze, mu Majyaruguru y’u...
Featured Korali Twubakumurimo yo ku Cyamabuye mu bikorwa bifasha abagizweho ingaruka n’ibiza.
Nyuma y’uko imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuwa Gatatu tariki 03 Gicurasi 2023 itwaye ubuzima bw’abagera ku 135, ikangiza byinshi birimo...
Featured Igikorwa cyiswe ‘Musanze turashima’ cyerekanye aho abaturage bageze mu myumvire.
Hirya no hino ku Isi usanga hari abagerageza guha u Rwanda isura bishakiye, ahanini bakabikora bagendeye ku bikorwa runaka biba byabaye ariko bakirengagiza ukuri kwabyo...
Featured Minisitiri Utumatwishima yifatanyije n’urubyiruko mu gusukura Iseminari nto ya Nyundo[AMAFOTO].
Minisitiri w’Urubyiruko, Utumatwishima Abdallah, kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Gicurasi 2023, yifatanyije n’urubyiruko mu muganda udasanzwe wo gusukura Iseminari nto (Petit Seminaire) ya Nyundo...

