Umwarimu wigishaga kuri GS Sainte Marie Kibuye yarohamye mu Kivu arapfa
Nahimana Ernest w’imyaka 30 y’amavuko, wigishaga ikoranabuhanga (ICT) muri GS Sainte Marie Kibuye, Ishuri ry’abihayimana gatolika (ababikira) riherereye mu murenge wa Bwishyura, Akarere ka Karongi,...

