Sosiyete y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, Rwandair kuva kuri uyu wa Mbere tariki 26 Kamena 2023 yatangije ingendo zihuza umujyi wa Kigali ndetse...
Mu rugendo rugamije amahoro barimo, bamwe mu bategetsi ba Afurika barimo Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa basabye ko habaho guhagarika imirwano ku mpande zombi...
Akanyamuneza ni kose ku bahinzi bo mu Mirenge igize Akarere ka Bugesera ko mu Ntara y’Iburasirazuba, nyuma yo guhirwa n’ikirere ngo bakaba bizeye umusaruro mwiza...
Bamwe mu rubyiruko bakunze gukoresha imbugankoranyambaga baturuka mu Turere dutandukanye hirya no hino mu Gihugu, bemeza ko ntacyo bashinja Umukuru w’Igihugu kuko ngo aho u...
Hirya no hino ku Isi usanga hari abagerageza guha u Rwanda isura bishakiye, ahanini bakabikora bagendeye ku bikorwa runaka biba byabaye ariko bakirengagiza ukuri kwabyo...