Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko bagiye kubaka ubwato bugera kuri 30 mu rwego rwo kongera ubushongore n’ubukaka bw’ingabo za...
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanze gusubira mu biganiro by’amahoro biyihuza n’ihuriro AFC/M23. Leta ya RDC yanze ibiganiro byaba iby’imbonankubone cyangwa ibyifashisha ikoranabuhanga mu gihe...
Leta y’u Rwanda igeze kure umushinga wo kubaka ishuri ry’icyitegererezo mu by’indege aho kuri ubu yatangiye gushaka inzobere zizifashishwa mu gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’uyu...
U Rwanda rwitabiriye inama yiga ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yabereye mu gihugu cya Uganda iyobowe na...
Kuri uyu wa 20 Ukuboza 2025, mu Kigo cy’Urubyiruko cy’Akarere ka Musanze habereye igitaramo cyiswe “Bonjour Vacance” kigamije guha ikaze abanyeshuri batangiye ibiruhuko no kubaha...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hashyizweho uburyo bwihariye bw’ingendo ziva cyangwa zerekeza mu ntara muri iki gihe cy’impera z’umwaka. Ubusanzwe mu bihe by’iminsi mikuru,...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko igisirikare cyazo cyagabye igitero gikomeye cyane ku mutwe w’iterabwoba wa Islamic State (IS) muri Siriya, mu rwego rwo...