Umwana w’imyaka 13 wo mu Murenge wa Gitoki mu Karere ka Gatsibo yishe mugenzi we akoresheje igisongo nyuma yo kujyana na we kwahira ubwatsi akakimutera...
Abana babiri b’abahungu barimo ufite imyaka 13 n’undi ufite imyaka 17 bo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Mukarange, baturikanwe n’igisasu cyo mu bwoko...
Mu buryo butunguranye, amatiyo avana amazi mu nganda za Kanyonyomba na Ngenda ayakwirakwiza mu Mirenge 15 y’Akarere ka Bugesera yacitse mu gitondo cyo kuri uyu...