Amizero
Amakuru Amakuru mashya Politike Trending News

Stella Rusine Nteziryayo yagizwe umuyobozi mukuru mushya wa BRD

Stella Rusine Nteziryayo yagizwe Umuyobozi  mukuru mushya wa  Banki y’u Rwanda Itsura Amajyambere, (BRD) asimbuye Kampeta Pitchette Sayinzoga, usoje manda ye y’imyaka itandatu.

Nteziryayo, yari umwe mu bagize Inama y’Ubutegetsi ya BRD, akaba afite ubunararibonye mu bijyanye n’imicungire n’imikorere y’ibigo by’imari, kugenzura inguzanyo no kubaka ubukungu buhamye  bw’inzego, ndetse yakoze muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi nk’Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubukungu.

Raporo zitandukanye zasohotse mu myaka yatambutse zagaragaje ko BRD yongereye umutungo wayo mu by’imari, itanga inguzanyo z’igihe kirekire mu rwego rw’ubukungu aho ibyo byatumye umutungo wayo uzamuka uva kuri miliyari 157 z’amafaranga y’u Rwanda Frw mu 2019, ugera kuri miliyari 1000 Frw mu 2025.

BRD yungutse miliyari 22 Frw ndetse yongera n’inguzanyo ziva kuri miliyari 167 Rwf zigera kuri miliyari 710 Frw.

Iyo mibare ishimangira ko BRD yinjiye mu nyungu zihamye, yongera ubushobozi mu kubona inkunga zituruka mu bashoramari Mpuzamahanga harimo n’inguzanyo ya  miliyari 36 Rwf, iherutse gutangwa na Banki y’Abarabu y’Iterambere ry’Ubukungu muri Afurika,(Arab Bank for Economic Development in Africa (BADEA), igamije gushyigikira imishinga mito n’iciriritse (SMEs).

Binyuze muri BRD kandi muri Kanama 2025, BADEA yasinyanye n’u Rwanda amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni 45 z’amadolari y’Amerika agamije ibikorwa by’iterambere.

BRD yanafashije ingo zirenga 510,000 kubona amashanyarazi binyuze muri gahunda ya ‘Cana Uhendukiwe’, ndetse abarenga 300,000 babona imirimo.

tella Rusine Nteziryayo yagizwe Umuyobozi Mukuru mushya wa Banki y’u Rwanda Itsura Amajyambere (BRD)

Related posts

DRC-GOMA: Umupolisi yishwe n’abaturage nyuma yo kugonga bamwe muri bo akagerageza gucika.

N. FLAVIEN

Rwanda-DRC: Abaturanyi barebana ay’ingwe bagiye guhurira mu mishyikirano muri Angola.

N. FLAVIEN

Karidinari Kambanda yahawe Bazilika yitiriwe Mutagatifu Sixte i Roma ngo ayiyobore.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777