Mu ntambara Igisirikare cy’u Burusiya gihanganyemo na Ukraine cyigaruriye Umujyi wose wa Vuhledar uherereye mu misozi miremire mu burasirazuba bw’iki gihugu bamaze igihe barasana urufaya....
Mu masaha y’umugoroba wo ku wa kabiri tariki ya 01 Ukwakira 2024, Iran yarashe ibisasu byo mu bwoko bwa Misille Ballistic, ahanini ibi bisasu byagwaga...
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu tariki 02 Ukwakira 2024, yakiriwe anagirana ibiganiro mu muhezo na mugenzi we Edgars Rinkēvičs uyobora Igihugu cya Latvia....
Ku masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukwakira 2024 Iran yarashe ibisasu byambukiranya imigabane (missiles ballistic) ku gihugu cya Israel, nk’uko Igisirikare...
Mu mpera z’icyumweru gishize, undi muntu umwe yarapfuye mu bantu benshi barasiwe mu ngo ebyiri mu mudugudu wo muri Afurika y’Epfo. Umubare w’abahitanywe n’ayo masasu...
Abarimu bakora ku bigo bya Leta mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bavuga ko batazigera basubira kwigisha igihe cyose Leta itabongereye umushahara. Aba...
Abanye-kongo barenga 550.000 basubiye mu bice bigenzurwa n’ingabo z’Umutwe wa M23 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice...
Hassan Nasrallah wari umuyobozi w’umutwe wa Hezbollah ari mu bishwe n’igisirikare cya Israel (IDF) mu bitero iki gisirikare gikomeje kugaba ku birindiro by’uyu mutwe biri...