Amizero
Ahabanza Politike

Gen Muhoozi yavuze impamvu Amerika itamutera ubwoba.

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Kainarugaba Muhoozi akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni yavuze impamvu adatinya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Avuga ko atinya nyina wenyine kandi ko mu gihe akimushyigikiye nta bwoba afite kubera ibyo atangaza kuri iki gihugu cya Amerika.

Yabitangaje mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 15 Ukwakira 2024 akoresheje urubuga rwa X nyuma y’uko amaze iminsi yibasiriye Amabasaderi William Papp wa Amerika muri Uganda.

Yagize ati: “Hari abantu bamaze igihe bambaza impamvu ndafitiye ubwoba Amerika? Ndababwira impamvu, njyewe ntinya mama kurenza uko ntinya USA. Niba mama yishimiye ibyo mvuga, ni gute umuhungu wa Janet naba ikigwari”.

Kuva mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Cumi, Gen Kainarugaba Muhoozi yagaragaje amagambo arimo kudatinya igihugu cy’igihangange cya Leta Zunze Ubumwe, yanibasiriye Amabasaderi wayo muri Uganda, William Papp.

Related posts

Indonesia: Abiyahuzi bakomerekeje abasaga 10 mu bari bagiye mu misa ya mashami.

N. FLAVIEN

Kwibohora28: Gutaha ibikorwa birimo amagorofa 14 ni bimwe mu byaranze umunsi wo kwibohora muri Musanze.

N. FLAVIEN

Perezida Paul Kagame yasuye Igihugu cya Mozambique [Amafoto]

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777