Brayan Vergara Sanchez ukinira ikipe ya Team Medellin niwe wegukanye agace Kigali-Rwamagana muri Tour du Rwanda yatangijwe na David Lappartient umuyobozi wa UCI kuri iki...
Muhadjiri na Tchabalala bahesheje intsinzi AS Kigali mu mukino wa shampiyona ‘Primus National League’ yari yasuyemo Musanze FC ku kibuga ‘Ubworoherane Stadium’ iyitsinda ibitego 4...
Nyuma yo kwandikira Musanze FC ayimenyesha ko atakiri umukinnyi wayo kubera imishahara y’amezi atatu atahembwe, Ndizeye Innocent arashinjwa na Musanze FC guta akazi no kutubahiriza...
Real Madrid yasezereye Liverpool yongera amahirwe yo kwisubiza iki gikombe ibitse inshuro 13 naho Manchester city itaratwara iki gikombe na rimwe yihanangiriza Dortmund ya Erling...
Uwari umuyobozi wa FERWAFA (Rtd) Brig Gen Sekamana Jean Damascène yeguye ku buyobozi bw’iri Shyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda bitewe ngo no kudashobora kubangikanya imirimo...
Umunyezamu akaba na kapiteni w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Uganda Dennis Onyango yasigiye agahinda kenshi abakunzi b’imisambi ya Uganda, ubwo yasezeye mu ikipe y’Igihugu yari...