Imyaka 133 irashize ‘Tour d’Eiffel’ ifunguwe ku mugaragaro i Paris mu Bufaransa, tariki 31 Werurwe 1889, hari ku cyumweru, kuva ubwo iba inyubako ya muntu...
Ibiro bikuru by’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika byamaganye kuba ku wa kabiri umuvugizi w’ibiro bya perezida w’Uburusiya yanze kuvuga ko icyo Gihugu kitazakoresha...
Igisirikare cy’u Burusiya cyatangaje ko gifite ibimenyetso by’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatanyije na Ukraine mu ikorwa n’igeragezwa ry’intwaro z’ubumara (biological weapons), zari zigamije...
Nyuma y’uko mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki 24 Gashyantare 2022, Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya atangije ibitero kuri Ukraine, Volodymyr Zelensky uyobora Ukraine...
Iyi si dutuye ikataje mu ikoranabuhanga, aho mwene muntu akomeje ubushakashatsi agerageza kwigana ibyaremwe n’Imana ari nako bagerageza kuba babikora neza kurushaho. Ni muri urwo...
Umunyarwandakazi Furaha Appoline Dusingizimana ukomoka mu Mujyi wa Kigali, ahatanye n’abandi ba nyampinga baturuka mu Bihugu bigera kuri 33 hirya no hino ku Isi, mu...
Ku masaha y’umugoroba kuri uyu wa Mbere tariki 04 Ukwakira 2021, abakoresha imbuga nkoranyambaga za WhatsApp, Facebook na Instagram hirya no hino ku Isi batunguwe...
Haba muri ibi bihe bidasanzwe bya Covid-19 ndetse no mu yindi minsi, intore irangwa no kutaganya ahubwo ikishakamo ibisubizo. Nguko uko byagenze kuri Albert Kamanzi...
Sosiyete Blue Orgin y’umuherwe Jeff Bezos yatangaje ko Wally Funk w’imyaka 82 ari umwe mu bazaherekeza uyu muherwe Jeff Bezos mu rugendo yitegura kuzagirira mu...