Ku masaha y’umugoroba kuri uyu wa Mbere tariki 04 Ukwakira 2021, abakoresha imbuga nkoranyambaga za WhatsApp, Facebook na Instagram hirya no hino ku Isi batunguwe...
Haba muri ibi bihe bidasanzwe bya Covid-19 ndetse no mu yindi minsi, intore irangwa no kutaganya ahubwo ikishakamo ibisubizo. Nguko uko byagenze kuri Albert Kamanzi...
Sosiyete Blue Orgin y’umuherwe Jeff Bezos yatangaje ko Wally Funk w’imyaka 82 ari umwe mu bazaherekeza uyu muherwe Jeff Bezos mu rugendo yitegura kuzagirira mu...
Sosiyete ya Facebook yakoze amateka yo kugira agaciro ku isoko ry’imari n’imigabane karenze tiriyari y’amadorari y’Amerika. Ni nyuma yuko iyi sosiyete yari imaze iminsi mu...
Miss Geek Africa ni irushanwa rigamije gushishikariza abakobwa bo muri Afurika kugira uruhare mu gukemura ibibazo by’uyu mugabane hakoreshejwe ikoranabuhanga, no kubashishikariza kwiga amasomo y’ubumenyi,...
Nyuma yuko imbuga (webs) za bimwe mu bigo bikomeye kw’isi, za guverinoma n’imbuga nkoranyambaga bihagarariye mu gihe kigera hafi kw’isaha hirya no hino kw’isi, ubu...
Abakoresha umurongo wa MTN Rwanda bo mu Turere twa Rubavu, Karongi na Rusizi mu Ntara y’Uburengerazuba barashinja Sosiyete ya MTN basanzwe bakorana ko kuva mu...
Ikigo cya Polisi y’Igihugu kigenzura ubuziranenge bw’ibinyabiziga kizwi nka Automobile Inspection Centre cyangwa se Controle Technique gisanzwe gikorera i Remera mu mujyi wa Kigali kuri...