Abayobozi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bavuga ko umubare w’agateganyo w’abantu bazwi ko bapfiriye mu myuzure ikaze...
Abatuye mu bice bya Goma na Gisenyi no mu bice bihegereye, bamenyeshejwe ko Ikirunga cya Nyiragongo na Nyamuragira, byagaragaje ibimenyetso bidasanzwe bityo ko bakwiye kuba...
Nyuma yo gusagararirwa n’imbogo ikamukomeretsa, umuturage witwa Habimana w’imyaka 25 wo mu Murenge wa Nyange, arwariye mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali aho ari kwitabwaho...
Abategetsi mu Bushinwa barimo kugerageza gusembura imvura ngo igwe mu bice byo hagati no mu majyepfo ashyira uburengerazuba kubera amapfa akabije n’ubushyuhe bwageze ku bipimo...
Abahoze bacuruza ibiyobyabwenge na magendu bagera ku 2776 bo mu Karere ka Nyagatare barashimira Leta nyuma yo kubigisha imyuga abandi ikabaha akazi ka buri munsi...
Mu ishuri rikuru ry’ubumenyingiro/IPRC Musanze, riherereye mu Karere ka Musanze, hateraniye inzobere mu by’ubutaka aho barimo guhabwa amahugurwa ku bijyanye n’imikoreshereze y’ikoranabuhanga rishobora kwifashishwa mu...
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyabihu, Umurenge wa Mukamira, baratabariza ubuzima bwabo bavuga ko butameze neza kuko babangamiwe cyane n’uruganda rusatura amabuye rukayakuramo...