I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Derek Chauvin wahoze ari umupolisi mu mujyi wa Minneapolis wo muri Leta ya Minnesota, imwe mu zigize Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yakatiwe igifungo cy’imyaka 22...
Kuri iki cyumweru tariki ya 27 Kamena 2021 Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 aratangira imyiteguro ya CECAFA igomba kubera muri Ethiopia guhera ku itariki ya 3...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 25 Kamena 2021, ku kibuga mpuzamahanga cya Huye, habereye umuhango wo gushyikiriza APR FC igikombe cya Shampiyona 2020/2021 yegukanye...
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yakiriye mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo DRC, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, watangiye uruzinduko rwe rw’umunsi umwe mu...
Junior Rumaga, umwe mu basizi b’abahanga mu Rwanda, kuri uyu wa kane yasohoye umuvugo ugaragaza amaco n’urucabiranya abasore bifashisha mu gushaka gushora abakobwa mu mibonano...
Perezida Kagame na mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, bagiye guhurira mu Burengerazuba bw’u Rwanda i Rubavu aho baza...
Amezi ashize ari cumi n’atatu uwitwa Derek Chauvin umupolisi w’umuzungu wo muri Leta ya Minneapolis, imwe mu zigize Leta Zunze Ubumwe z’Amerika apfukamye ku gakanu...
Miss Geek Africa ni irushanwa rigamije gushishikariza abakobwa bo muri Afurika kugira uruhare mu gukemura ibibazo by’uyu mugabane hakoreshejwe ikoranabuhanga, no kubashishikariza kwiga amasomo y’ubumenyi,...