Amizero
Amakuru Amakuru mashya Uburezi

Abanyeshuri basaga ibihumbi 258 batangiye ibizamini bya Leta mu mashuri yisumbuye

Abanyeshuri 258.255 ni bo batangiye gukora ibizamini bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (O’ Level) n’icya kabiri cy’ayisumbuye (A’ Level ) guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Nyakanga 2026.

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri, NESA, cyatangaje ko abagera ku 149.533 ari bo biyandikishije gukora ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange (O’-Level) mu gihe abagera ku 108.722 ari bo biyandikishije gukora ibizamini bisoza icyiciro cya kabiri cy’amashuri y’isumbuye (A’-Level).

Muri aba biyandikishije mu bakora ibizamini kandi, harimo abanyeshuri 879 bafite ubumuga, NESA ikaba ivuga ko bahabwa ubufasha bwihariye n’ibikenerwa kugira ngo babashe gukora ibizamini neza kandi mu buryo bungana n’ubw’abandi.

Biteganyijwe ko ibizamini bya Leta mu mashuri yisumbuye bizakorerwa mu bigo by’amashuri 1.746, bikaba bizarangira tariki ya 24 Nyakanga 2026.

Related posts

Chorale Impuhwe yamenyekanye cyane kubera impanuka igiye gutaramira abatuye i Musanze.

N. FLAVIEN

Perezida Kagame: “Uko bashaka ko nitwara mu kibazo cya DR Congo sinabishobora”.

Muntu Clarisse

Burera: Nyuma yo gusura Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, biyemeje kurushaho kubana kivandimwe.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777