Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike Trending News

U Rwanda rwitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku bibazo by’impunzi

U Rwanda rwitabiriye inama mpuzamahanga y’iminsi itatu, iri kubera i Genève mu Busuwisi, iri kwiga ku bibazo by’impunzi no gusuzuma ibyakozwe n’ibyakorwa mu nzego zitandukanye ngo babihashye.

Ni  inama yatangiye kuri uyu wa 15 Ukuboza 2025, u Rwanda rukaba rwahagarariwe n’Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) Ngoga Aristarque.

Iyi nama iba buri nyuma y’imyaka ine, ikaba itegurwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR ku bufatanye n’ibihugu bigize uwo muryango mu rwego rwo gusangira amakuru ku bisubizo byagezweho no gufata ingamba nshya ku bibazo bihari.

U Rwanda ni kimwe mu bihugu byita ku mpunzi n’abimukira, rukaba rucumbikiye impunzi zisaga ibihumbi 14 zo mu bihugu birimo; Repubulika ya Demokarasi ya Congo, (RDC), u Burundi n’ahandi.

Rwiyemeje umusanzu mu kubafasha muri gahunda z’iterambere, zikinjizwa muri gahunda z’Igihugu nk’uburezi, ubuzima, imirimo, kubafasha kubona serivisi z’imari, n’ibindi bibafasha mu mibereho.

MINEMA yemeza ko u Rwanda ruzakomeza gufasha impunzi zose zishaka gutahuka.

Minisitiri wa MINEMA Maj Gen (Rtd) Murasira ubwo yari mu nama  ya 76 ya UNHCR yabereye i Geneve mu Ukwakira 2025, yashimangiye ubushake bw’u Rwanda mu bikorwa byo kuzirinda no kuzigezaho ubufasha zikeneye uko rushoboye.

Mu Busiwisi hateraniye inama mpuzamahanga izamara iminsi itatu yiga ku bibazo by’impunzi
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) Ngoga Aristarque ahagarariye u Rwanda mu nama mpuzamahanga yiga ku bibazo by’impunzi

Related posts

Ngororero: Abagenzi 18 nibo bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka.

Muntu Clarisse

Safari wamamaye ku mbuga nkoranyambaga aniga DASSO yasabiwe gufungwa iminsi 30.

N. FLAVIEN

Umanika agati wicaye wajya kukamanura ugahaguruka: Uwasanishije ishusho ya Macron n’iya Hitler yajyanywe mu nkiko

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777