Mu biganiro bya nyuma bisoza inama ya OIF yaberaga mu Bufaransa, Perezida w’iki gihugu, Emmanuel Macron, yasabye ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera mu burasirazuba...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yavuze ko yateganyaga guhuriza hamwe Perezida Paul Kagame na Perezida Felix Tshisekedi wa RDC bakaganira, ubwo bose bari mu Bufaransa...
Abanye-kongo barenga 550.000 basubiye mu bice bigenzurwa n’ingabo z’Umutwe wa M23 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice...
Mu bisa nk’inzozi zimeze nk’iza wa mutimdi urota arya, igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC gikomeje kwigamba imyiteguro ikomeye kirimo yo gutera u...
Kuri uyu wa Mbere tariki 29 Nyakanga 2024 mu bice bitandukanye bya Teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru habaye imirwano ikomeye hagati y’ihuriro...
Minisitiri w’ingabo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo, yasohoye ubutumwa buvuga ko Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo yatanze itegeko ryo kwambura abarwanyi ba M23...
Patrick Muyaya uvugira Leta ya DR Congo yatangaje ko batangiye “urugendo rwo gukemura burundu” ibibazo “bikabije” by’umutekano mucye mu burasirazuba bw’Igihugu bimaze imyaka hagati ya...