Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu REG, yiseguye ku bakoresha amashanyarazi kubwo kuba muri iyi minsi hagaragara ibura ryayo biturutse ku mirimo yo gusana no kwagura...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye abayobozi bashya barahiriye kwinjira mu nshingano, kuzuzuza kuko ibibazo igihugu gifite, bisaba ko abantu bakora mu buryo...
Mu karere ka Nyagatare, Umurenge wa Kiyombe, Akagari ka Karambo mu mudugudu wa Kakagaju haravugwa inkuru y’umugabo uri mu kigero cy’imyaka 65 y’amavuko wishe umugore...
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku mitwe y’intoki kugira ngo amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite abe mu Rwanda, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje abemerewe...
Umuco ni kimwe mu biranga Igihugu icyo ari cyo cyose, ukagitandukanya n’ibindi ndetse ukagena uko abenegihugu bacyo bitwara muri rusange. U Rwanda ni kimwe mu...
Abaturage bagera kuri 25 bo mu kagari ka Kigusa, Umurenge wa Nyarubaka, Akarere ka Kamonyi, Intara y’Amajyepfo batunguwe no kubyuka bakabona inkangu idasanzwe yabatwariye ubutaka...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Sama Lukonde yagejeje ibaruwa y’ubwegure bwe kuri Perezida wa Repubulika ya DR Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo kuri...
Kuva mu masaha y’igitondo kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Mutarama 2024, amashusho yakwirakwijwe ku mbugankoranyambaga agaragaza ubukana bw’igitero cya drone bivuga ko ari iyo...
Mu masaha y’igicuku mu ijoro ryo kuwa Mbere rishyira kuwa Kabiri, abasirikare b’u Rwanda bari mu bikorwa byo gucunga umutekano (Patrol) barashe umusirikare umwe w’Igisirikare...