Amizero
Amakuru Amakuru mashya Ibidukikije Ibidukikije Trending News

REG yiseguye ku bakiriya bayo ku ibura ry’amashanyarazi rya hato na hato

Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu REG, yiseguye ku bakoresha amashanyarazi kubwo kuba muri iyi minsi hagaragara ibura ryayo biturutse ku mirimo yo gusana no kwagura imiyoboro y’amashanyarazi, bityo bigateza ibura ry’umuriro hamwe na hamwe.

Mu bihe bitandukanye umuntu aho ari abona umuriro w’amashanyarazi ugiye, mu bihe bimwe habayeho kumenyesha abahatuye ko baza kubura amashanyarazi mu masaha runaka.

Mu itangazo REG yasohoye kuri uyu wa 12 Ukuboza 2025, ryisegura ku bakoresha amashanyarazi kubw’iki kibazo n’ibibazo cyateje ivuga ko iri mu nzira zo gukemura iki kibazo mu buryo bwa burundu.

Mu ntangiriro z’Ugushyingo 2025, umuriro w’amashanyarazi waburiye rimwe mu bice bitandukanye by’uturere twa Kayonza, Huye, Rubavu, Gisagara, Nyamagabe, Muhanga Musanze, Kamonyi, Rwamagana, Gatsibo, i Rilima mu Karere ka Bugesera kandi ko no muri uku kwezi k’Ukuboza hagiye hagaragara iki kibazo mu bice bitandukanye by’igihugu.

Kugeza ubu ingo zigerwaho n’amashanyarazi mu Rwanda zigera kuri 85% mu mwaka wa 2025 mu gihe zari munsi ya 2% mu 2000.

REG yavuze ko iri kuvugutira umuti ikibazo cy’amashanyarazi abura kenshi

Related posts

Gisenyi: Abarezi bibukijwe ko Igihugu gikeneye abarezi bafite imyumvire n’imigirire ikwiriye.

N. FLAVIEN

APR FC yakubise ahababaza mukeba wayo wari wahigiye kuyandagaza, amagambo ashira ivuga.

N. FLAVIEN

Bujumbura: Inama y’Abakuru b’Ibihugu bya EAC yategetse impande zihanganye muri DRC guhagarika imirwano.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777